ABAGIZE CHARIS BASUYE UMUYOBOZI WABO

Kuri 17 Gicurasi 2025, abayobozi b’imiryango yibumbiye muri SNCC basuye umwepisikopi wa Byumba. CHARIS(Charismatic Revival International Service) ni urwego rwashyizweho na Papa Francisco mu 2019, rugahuza urwego mpuzamahanga rw’abakarisimatike ndetse n’imiryango mishya ikomoka ku Ivugururwa muri Roho Mutagatifu. Nyuma hashyizweho urwego rwa CHARIS kuri buri mugabane ndetse na buri gihugu. Mu Rwanda uru rwego rwitwa SNCC( Service National de Communion de CHARIS).Umuyobozi wa SNCC mu nama KANDA HANO USOME BYOSE

UBUYOBOZI BWA JTC BWITABIRIYE INAMA RUSANGE YA CEPJ

Mu kigo cy’amahugurwa cya Bonne Esperance/Kicukiro ,kuva ku wa 15/05 kugeza 16/05/2025,habereye inama rusange ya komisiyo y’abepisikopi gatolika ishinzwe ikenurabushyo ry’urubyiruko(Commission Episcopale Pour l'apostolat de la Jeunesse-CEPJ) iyobowe na Nyiricyubahiro Myr Papias Musengamana ,ari nawe Perezida wa CEPJ. Iyi nama yitabiriwe n’abahagarariye urubyiruko muri buri diyosezi,abayobozi b’imiryango ya agisiyo gatolika na kominote n’abapadiri omoniye baherekeza urubyiruko mu nzego KANDA HANO USOME BYOSE

KUGENDANA NA YEZU

1. Intangiriro: Iyo ufashe urugendo uhitamo uburyo ukora urwo rugendo. Guhitamo imodoka ugenda nayo biterwa nuko usanzwe uyizi,warayibwiwe cyangwa abakoramo bakubwiye ubwiza bwayo. Kuri iyi si twese turi mu rugendo.Gukura mu myaka,ibitekerezo,ubwenge,ukwemera ni urugendo. Hari inzira ebyiri: kugendana na Yezu cg kugendana na Shitani. Guhitamo uwo mugendana ni ukureba niba ibyo aguha cg akwizeza birambye kuko ibya Shitani bisa nk’ibishashagirana ariko bimara akanya gato,ahari ibyishimo KANDA HANO USOME BYOSE